Комментарии:
Hhh
ОтветитьUyu muhungu mureba arimo kwiyahura
ОтветитьNgaho tamira iyo myaka musore ariko ndabona uri mumarembera maze rero ngaho igendere tuzaza nyuma yawe ariko ndabona urimo kwihuta vuba ese ko numva ngo urashaka kwandikwa mubitabo uzaba urihehera imishinga iragwira
ОтветитьYebaba weeeeee kumbe iteho yawe nukubyibuha ubuse koko urashaka gupfa nawe Mana weeee🙏🙏
ОтветитьNjyendumva mutamutera amabuye Kuko siwe wabihisemo ahubwo nokuba avuga kuriya nikwqkundinyine ibintu byanga ukwiyacyira ntababeshye ntabyishimiye rwose ntawakishima ingano ingana gutya kd buriya tugomba kwiyacyira Kuko abaryabose siko baba banini cyane ahubwo Wenda yagabanya kuribyobiribwa afata naho ubundi biri mumarasoye
ОтветитьHano harimo na trauma ibi nukwiyahura
ОтветитьEeeeeeh Ubu ngo nukwiteza imbere 🤔
Ответитьhabaho ubuzima sha , ntukwiye kurya ibinyamavuta , ibinture bizaguhitana
ОтветитьRwose ubwoko bwo kwiyahura ni bwinshi, Fils uri guharanira kwihutira urupfu. Imana iguhe kwitunganya hakiri kare. abanyamakuru mujye mumugira inama , mwimushakaho ama views gusa
ОтветитьSun ushaka wagabanya Ibyo binyamavuta kuko Uri gushaka Umutungo ariko uzashira uwivuzamo
ОтветитьIt's a pity🤭😏
Ответить🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 Urumva ufis umugambi wo gukwiza itoni🤣🤣🤣🤣🤣. Mu myaka 2 ntuzoba ugitambuka🙈🙈🙈.
ОтветитьUyu Muntu akwiriye ubujyanama pe kuko Aho ageze agezaho atabasha kuzamuka esikaliye mumujyirinama pe agabanye amavuta akore sport cyane kuko muminsi mike ashobora gufatwa na sukali, umutima nizindi ndwara ,gusa simpamya ko ntaburwayi afite murebe uburyo yahagira birababaje
ОтветитьUshaka wakwirinda ibinyamavuta urishyira mukaga gakomeye, wowe utazi ndetse wakagombye kuba ukora sport ndetse cyaneee
ОтветитьIgihekizaza ntuzaba ugihaguruka
ОтветитьFils/fille?
Ответитьhonestly u are not healthy. utagabanyije kurya uzapfa vuba. reka kwishimira ibiro baza muganga ibintu bitararengerana. seriously 10 years from now on it will be a record. i hope that you can change.
ОтветитьMumugire Inama arebeko uyu mubyibuho agabanuko flis ubwo nubujiji please jya kwamuganga uve kuribyo biro
ОтветитьSha ndumiwe!amagambo urimo kuvuga yuzuye ubugoryi!
Ответитьunique boi🥰
ОтветитьUnless u want to burst
ОтветитьUkundinda.fisi
ОтветитьUrigisambo niyompamvu ibyibuha
ОтветитьNdumiwe pe!uwo numudayimoni wibiryo pe!kuko aho hantu URI kurwanira ibirayi na brochette na bakarasi ndumiwe!
ОтветитьUmuntu adashobora kuduga escalier 😆😆
ОтветитьNibara kand wirira ibintu bivyibusha gsa na mayonaise 🤔 ukuguru kwavyimvye ndumiwe🤣🤣🇧🇮
ОтветитьUzagiribiro ijana utagishobora kujya murisenema yoooo giravuba witahire hakirikare wowe urigusatira urupfu
ОтветитьNtagobimuteye ishema ahubwo yariyacyiriye
ОтветитьUwo mubyibuho uragatsirwa na yesu
ОтветитьKwananirwa kurira eskariy afite 400nagiriguhumbi bizacuricyi?😊
ОтветитьUrapfuye wowe ntuributerekabiri
ОтветитьAzapfa atulitse
ОтветитьAfite ikibazo
ОтветитьUyu muhungu ajeneye gusengerwa Imana ikanugwnderera nkuko ikiza abantu canseri nimitima na za Diabete. Kuki atananuka agashaka akazi nkabandi akazagira umuryango nkabandi. Afite ikibazo.
Ответить😂😂😂😂
ОтветитьUyu ntabiro 400 afite ntimikabeshye
ОтветитьUbwo subuzima pe
ОтветитьUzashwanyuka muchutiwa abandi barikugabanya ibiro none woe ngushaka kubyongera urapfuye niraye😥😂
ОтветитьMurabeshya ntago arengeje 150kg
ОтветитьAravuga ngo ntandwara arwaye; none se ntazi ko no kubyibuha birenze ingano y' umuntu ari uburwayi?
ОтветитьNtacyo wishimiye kbs ufite ikibazo nuburwayi ufite
ОтветитьFils genda wiyandikishe kubyina ukore sport urye saa cyenda ibintu byimboga ugende namaguru unywe amazi menshi uzananuka bitaribyo urimo kwiyica abo bagukunda nuko ubinjiriza cash ariko nugenda bazakwibagirwa vuba.
ОтветитьYewe upfuye usaze
Ответить❤❤❤❤
Ответить🎉🎉🎉🎉
Ответить❤❤❤❤
Ответить🎉🎉🎉
Ответить😢
ОтветитьNiba wifuza kuvugana na Fils wamuhamagara / whatsaap kuri 0788991179
Ответить